ABA Pastors BA 3 Bigisha UBUNTU bati:Isezerano rya kera siryacu/Ntacaha cabuza uwizeye kuja mw'ijuru
ABA Pastors BA 3 Bigisha INYIGISHO z’UBUNTU bati:Isezerano rya kera siryacu/Ntacaha cabuza uwizeye kuja mw’ijuru/Icacumi nticemewe.
ubuntu
ABA Pastors BA 3 Bigisha INYIGISHO z’UBUNTU bati:Isezerano rya kera siryacu/Ntacaha cabuza uwizeye kuja mw’ijuru/Icacumi nticemewe.
ubuntu
Comments are closed.
Ibyo musobanura Ni ubugorozi mukomeze musome ibyanditswe muzakire n'undi mucyo
Imana ihimbazwe kubwanyu kubwo kumenyesha isi yose ubu butumwa amadini atamenye ntiwanabarenganya isooko yanduye niyo bavomyeho ngo barangize ga baduha amazi mabi. Idini tumaze imyaka myinshi twiga gukiranuka binyuze mubikorwa byacu twararushye dufite ubwoba bwo kurimbuka kuko duhora twisangaho ibyaha umunsi kumunsi kd ngo ntacyaha cyinjira mu ijuru. Murakoze kudukuraho inyegamo ndetse n'igitwikirizo
Abagalatiya 5:19 havuga imirimo yakamere ngo abakora benibyo ntibazabona ubwami bwijuru Naryo murisobanure
Umunyamakuru abaza neza cyane kbs
Kujya mu ijuru ni agakiza dutegereje! Ntabwo hajyayo abafite ibyaha, nta kibi icyo aricyo cyose tuzajyana mu ijuru. Ahubwo barabikizwa, ari nako kujyanwayo. Tuzaba examine! Abizeye Imana izaba yarabafashije gutungana.
Na Luka 11: 18 , icyo twemera kwizera Kristo niko kuzatugeza mu ijuru ariko se Kwizera Yesu Kristo ntigukwiriye kudukura mububata bw'ibyaha erega n'abanyarwanda barabivuze ngo umwana w'umwambari agenda nkase dukwiye kuba abizerwa mu ngeso zacu .
Bavandi ibyo muvuga ni byiza kandi ariko niba twarabatuwe na Yesu tugomba kugendera mu byo yavuze , muri Matayo 23: 23 Yesu yadusabye gugendera mu gukiranuka no gukunda Imana ariko n'ibindi ntitubireke gusa icyo twemeranya byose tugomba kubikora mu Rukundo.
Mugabanye Gusakuza musenge Naho Camera 📷 yabacurujeee Ninacyo kigaragazako mwayobye
Ninde urikubaburanya Muhumuke musenge ou mushake ikigo mwigishe babagana
Naho amagambo Nayabafarisayo
Mwayiyanditseho peee
Ibyahishuwe.
Hahirwa apfa bapfira ………kandi imirimo yabo ijyanye naba ibakurikiye
Barabivugaho iki?
None c nimba mwemera ibyo bitabo mwita ko atari isezerano ryakera kuki mutemera amagambo amwe namwe?
1 Yohana 3:8
Ukora ibyaha ni uwa Satani, kuko uhereye mbere na mbere Satani akora ibyaha. Ibyo Umwana w'Imana yerekaniwe ni ibi: ni ukugira ngo amareho imirimo ya Satani.
Nuko tugire dute? Mbese dukore ibyaha kuko tudatwarwa n'amategeko, ahubwo dutwarwa n'ubuntu? Ntibikabeho! 16Ntimuzi yuko uwo mwihaye kuba imbata zo kumwumvira, muri imbata z'uwo mwumvira uwo, imbata z'ibyaha bizana urupfu, cyangwa izo kumvira Imana kuzana gukiranuka?
Ndasobanukiwe
Ubuntu namahoro biva muri christ yesu bibane namwe bashumba beza mwamamaze ubutumwa bwiza bw'ubuntu yuko niyonzira yubugingo nukuri
Nkurikiye akanya gato ariko ndumva ntanumurongo ufite kuko muminota itarnga itanu utanze verse zirenga 6 mubitabo bitandukanya muri context zitandukanya… Banza umenye icyanditswe mbere Yuko udusomera unatubwire imbamvu biri Aho muri iyo context
Ariko ndabakunze mwabagabo mwe
Mubivuge abantu bamenye ukuri kubabature
The God we serve does not break covenant!
Gutanga bizana umugisha kuruta guhabwa
Muzamureka kubesha abantu mugumane imyizerere yanyu mureke kubesha abantu ICO mwita Imbuto zibyaha nibyaha bituma abantu batazajya mwijuru
Umuntu iyoyizeye aratsindishirizwa Nico bita kubabarira ibyaha iyo uvuye kuriyo ntambwe uhinduka icaremwe gisha hanyuma ugakomeza INZIRA yo kwezwe twezwa biri Munsi utiyizamumaraso ya Yesu azasha nubwo yobayariyaramumenye.
Abagabo aribarizeye batarigishijwe bazaguhura n'inyigisho zinzaduka zisanga ntaco bamenye nagiragango ibyo bamenye Niko kuri dore amasezerano bavuga uko bimeze:
1 isezerano ryakera Imana yahitagamo uwo ishaka kugirango bakorane kubarako womuntu arimuriryo atagize uruhare Imana ibashiriraho amategeko,
2 isezerano rishya ryaje kwemerera abantu Bose bizeye yesu yinjire muriryo Sezerano.
Tito 2:11-12. Ubu nibwo buntu bw'Ukuri
Ubundi ntawe utar'umunyabuntu
Ariko dufite imyunvire Itandukanye
Musome Tito 2:11-12
Aba bantu bihenze kubijanye n'Amategeko cane basome Matayo 5:17-20
Abaroma 6:14-15 Ibyaha ntibikabategeke kuko mudatwarwa n'amaregeko ,ahubwo mutwarwa n'ubuntu.15 Nuko tugire dute? Mbese dukore ibyaha kuko tudatwarwa n'amategeko ,ahubwo dutwarwa n'ubuntu? Ntibikabeho!
Ubuntu butakubuza gukora icyaha ubwo s'ubuntu. Bibiliya iravuga iti"Nuko tuvuge iki?Tugumye gukora ibyaha ngo ubuntu busage?Ntibikabeho!Mbese twebwe abapfuye kubyaha,twakomeza kuramira muri byo dute?Abaroma 6:1-2
Murababaje disi burya igihe cyimperuka nimwe gisohoreyeho mbegaaa
Ntabwo arimwe muhishura ukuri, ukuri kwarihishuye nikirisitu wenyine nitumumenya tuzabatuka.
Njye ndabaza ikibazo Ananiya na Safira kobapfuye bazira kubesha nyumaya yesu kirisitu kuzuka bagiye mwijuru ?
Njye si Ndi umu byabintu
Ariko sinjya mbapinga
Erega Ntache meza ko Twe tutaribo
Tutayobye
Usibye baba habe nabaturika Njye mbona Hari byinshi baturusha
Nka discipline yo mwikanisa
Ntibagira urugambo
Babana neza, abafite famille zabaturika
Muzarebe ukuntu ari imfura
Mujye mugenda gake badi
Ibyo turimo kuba tubitinze mo
Kuba Tubiromo Turi benshi
Ntibyotuma biba ukuri
Munteye gusobanukirwa peeee ibyo mwavuze byose nukuri kbs
Ndabumvise kbx ubundi nabwirwa amakuru
Nkabanga ntarabumva
Nasanze ibyomuvuga arukuri
Ahubwo ababyanga barwanya ukuri
Ijambo ry'imana rirarema
ARK Nkunda izinyigisho shahuuu
God bless you man of God
mukomerezaho rwose kandi Imana izabibafashemo mubashe kwamamaza ubutumwa bwiza bwa yesu Kristo.
Ariko aba bapastors ndabakunze bacu mubisobanuye neza cane KBS Ubuntu bwa christo buganzeee
Mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga yuko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza?
(Yakobo 2:14)
Uko ni ko no kwizera iyo kudafite imirimo, ahubwo kuri konyine kuba gupfuye.
(Yakobo 2:17)
Aba banyabuntu bafashe bibiliya munyuguti , ntibemerera umwuka wera w'Imana kubasobanurira !!
Ibi biranditswe ko hazaza abitwa aba kristo , bemera keristo , kugirango bayobye benshi , rero turimugihe cyimperuka mubemaso Kandi musenge !!
Be blessed men of God