49 thoughts on “ABANYABUNTU //UBUNTU🦻

  • Mwarangije ikiganiro nabi kbs ubutaha muzabikosore. Martin karasobanura ibintu bikumvikana abarikiwe saana. Bibaye nabyiza muzamutumire hamwe nundi utarasobanukirwa ibyo abamera ubuntu bavuga kugira ngo awatubwire. Kandi unit namwe ibibazo mwateguye nibyiza mubarikiwe saana.

  • Ubutumwa bwiza nubu kbs mugire mumugarure kandi ikiganiro mwakigize kigufi cane ibintu byinshi ntiyabikozeho kuberumwanya ariko Martin karavuga neza cane

  • Invite him again and again,
    Martin unsobanuriye ibintu byinshi byaruruvange murinjye ,ndetse Nibazaga nkabura ibisubizo .
    Unity muzamutire kandi.

  • Ukuri gukwiye kuvurwa nubwo kugira fans bake cynee , kuki ubuntu buvurwa abantu bakunva gukora ibyaha ? Iyo ni kamere gusa abantu bagifite ikomoka kwa adam wa mbere (kamere yicaha).

    abantu bavugako ubuntu arinyigisho zije vuba zihangura abantu gukora ibyaha , ese mbere zitaraza mugani wababivuga abantu ntabyaha bakoraga ?
    Tuyoborwe numwuka nibwo tutazatwarwa namategeko ndetse nibwo tutazakora ibyo kamere irarikira

  • Wawuuuu Amen ubutumwa bwiza bukomeze bukwire keisi yose abantu bakomez bumve abo aribo muri kristo yesu❤❤❤

  • Yakob 2:19 hatubwirako na ma daimon yizera imana nonese nabo ubuntu bwimana buzabahesha ijuru nibaramuka batihanye ? Aba tinganyi basigaye nabo bagaragaza ko bizeye yesu ark paul yanvuzeko baguranuye ukuri kwimana nibinyoma (romans1:18

  • Uyu mutumirwa ni umunyabwenge bwinshi kandi yitwaye neza. Mwashatse kutuma agaragara nabi ariko yitwaye nk’umugabo. Ahubwo ni mwe mwagaragaye nabi.

  • Uko kubabarirwa yaguciye kuruhande!azagaruke asobanure neza

  • warayobye wamugabo we ,uko bavuze ngo mugendera mubice bimwe bya bible bijanye namaranga mutima yibyifuzo byanyo ,bakugarure yewe,batwemerere tuguhe imirongo ya bible

  • Nonese kuki imana itubuza gukora ibyaha

    Kandi ikatubwirako ukora icyaha Imana icyanga urunuka?

  • Ukora ibyaha ni uwa Satani, kuko uhereye mbere na mbere Satani akora ibyaha. Ibyo Umwana w'Imana yerekaniwe ni ibi: ni ukugira ngo amareho imirimo ya Satani.
    (1 Yohana 3:8)

  • Avuze ukuri !

    Kuberako ba pasteur baza bakoresha gospel kunyungu zabo !!

    Psychologuement kuvuga ngo abantu bazoja mumuriro n'ikinyoma.
    Twahawe agakiza kubuntu!

    Kandi bavuze Ubuntu ntibisobanura KO gukora icaha byemewe!!

  • Ntimugatumire umuntu ufite inyigisho zuruhande Rumwe mujye muzana undi uvuga ukundi ibintu erega umuntu iyo ariye indyo imwe biragoye ko yamenya indi ndyo iruta iyo yariye

  • ese iyo appetit yo gukenera kwivuruguta mubyaha kd warabaye icyaremwe gisha iziva he? kamere nsha iri muri wewe wahawe ubwo wabaga umwana we ikenera kwirinda icyaha. ariko wakora icyaha ukababara ukarira ukicuza ukihana

  • Bo bahungu barakujubamganya kabisa ubwo bintu uravaho babugukuyemo. Twakijijwe kubwubuntu ariko bible iravuga ngo dukore ibyaha ngo Ubuntu busage? Nyabuna Ubuntu nibyo ariko tugomba gukora twiyeza Kandi abakora ibyaha bazarimbukaaaaa

  • Ba Pastors bacu bo kuri Unity of the Church iyo Introduction ntago iba ikwiye cyane cyane iyo mwakiriye umushitsi. Biragaragara ko muba mwa mupinze mbere yuko avuga. Please learn how to start introducing someone in respectfull way and give him/her time to express.

  • 1/10 mukigize gt hhh mugiye mudasezeye kubera 1/10😂

  • Ndafashijwe cyane
    Twababariwe byiteka
    Umwizera ntarubanza
    Abaroma 8:1

  • 2 Petero;3:16

    Mwuka wera nayobore isi yachu, abantu basome ijambo bafite mwuka wera🧎🧎🧎🧎🧎

  • Muntenge nkey niho umuntu afatira ibidakwiriye byose(1)
    Niho umuntu ananirirwa kumenya ibyo akwiye gukora

  • Mubihe byimperuka hazaduka abigisha ibijanye nirari ryanyu mube maso 🙏🙏🙏

  • Glory to God imana ibakomeze mwese hamwe numutumirwa martin asobanura yesu neza cane ubarikiwe bwana evangeliste waratwubatse

  • Glory to God imana ibakomeze mwese hamwe numutumirwa martin asobanura yesu neza cane ubarikiwe bwana evangeliste waratwubatse

  • Ntampamvu nimwe yagatumye bigisha Ubuntu kuko uwizera yesu kristu wese aba yaragiriwe Ubuntu so ninyungu abantu basigaye bashaka

  • Ndabashimiye bashumba kuba mwatuzaniye martin muzasubire mumugarure turamukunda birenze turabasabye azongere agaruka murakoze cane

  • Turasaba ko mwazatuzanira n,abandi biyita ko ibo batemera ubuntu maze baze batange ubusobanuro bw,ibyo bemera

  • Ubundi ubuntu buri muri iri jambo: Kuko Imana yakunze abo mu isi cyane byatumye itanga umwana wayo w'ikinege kugirango wizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.

  • Abantu baje mbere bazana inyigisho y'ubuntu bayigisha nabi bituma abenshi tuyifata uko itari kubera kutayisobanukirwa. Naho turiho k'ubwo ubuntu kuko twari abo kurimbuka Yesu atugirira ubuntu,urukundo araduphira. Ex: wa mugore wari yasambanye bagiye kumutera amabuye Yesu akamukiza ati utarakora icyaha amutere ibuye. Uriya mugore mu mutima we yari yarangije gupha agitekereza ko aza guterwa amabuyeeeee kugera aphuye nirwo rugera rwatwumvisha ubwo buntu twagiriwe. Donc yari yaphuye azuka kuburyo atari abyiteze. Ubuntu bwadukuyeho uburetwa bw'amategeko butuzanira kwizera Yesu gusa tugakizwa tukababarirwa tugakizwa.

  • Bene data abashumba bacu ba unity turabakunda canee

    Icifuzo canje nuko mwotugarurira muhirwa Marthin yasobanuye ibintu neza canee ariko byaba byiza kurushirizaho adusobanuriye nibindi byari bisigaye ndetse adusobanurire itandukaniro ryisezerano rya Kera ndetse nisezerano rishyaa

    Murakoze murakarama ❤️🙏

Comments are closed.