OPERATING SYSTEMSOS Linux

IBISUBIZO BY'IBIBAZO abantu bibaza kunyigisho z'Ubuntu/Amategeko n' Ubuntu -Pastor SENGA na Ev Denis



Pastor SENGA: +250 738 432 043

WhatsApp group ya HimbazaTV: https://chat.whatsapp.com/FThjbELSzizEIm7AfsbNq8
Wifuza kuvugana natwe, kuduha ibitekerezo ku makuru tubagezaho, ukaba ufite UBUHAMYA bwasubizamo abandi ibyiringiro, Inkuru, Igitaramo, RÊpÊtition cg Gushyigikira uyu murimo. Duhamagare, Twandikire kuri Whats’App: +250 788 56 26 10

Kanda S U B S C R I B E ntugacikwe n’amashusho akurikira. #HimbazaTV
Subscribe For More: https://goo.gl/Ht5bK5

source
ubuntu

21 thoughts on “IBISUBIZO BY'IBIBAZO abantu bibaza kunyigisho z'Ubuntu/Amategeko n' Ubuntu -Pastor SENGA na Ev Denis

  • Ushobora gusangiza abandi ubu butumwa bakamenya ukuri ukaba nawe ukoreye umugisha wawe.

  • Utakunva ibyo bigisha bakuzura umujinya bagshanganisha ibyanditswe

    Nibavuge nkuko uvuze ubuntu ntibukwiye gusaga ( Abaroma 6-1)

  • Kuburyo abantu benshi bakurikira izo nyigisho usanga batarahinduwe nubwo buntu ahubwo ntacyo basirà batirinda ubuntu ntago budusunikira mukuba ibyigenge

    Bige uko usobanuye abigisha inyigisho z’ubuntu

    Kandi ntibagstukane nkuko benshi batagaragaza umwuka wubugwaneza nkawe

  • Harabigisha ubuntu ko ntampanvu yo kugaruka nkumwana w’ikirara ngo ushake ubwo busabane bivuga kureka izongeso mbi zigutandukanya n’ubusabane na Yesu

    None ugumye utyo ugasambana, ntuzibukire icyaha mbese dukore ibyaha nkana ngo ubuntu busage ? Ntibikabeho

    Ngo ntagusenga, gusaba imbabazi , byose ngo n’ubuntu uko wabaho kose none se ubwo buntu ko ntacyo bwahinduye mumugenzereze yawe yambere utarakira Ubuntu
    Ubwo byaba aribiki?

    Ubuntu ntago babwigisha nkuko ubidobanuye niyo mpanvu benshi bubabera amayobera

    Bigisha kugubwaneza mwisayo y’ibyaha ngo kuko wakiriye ubuntu ntibikabeho

  • Hallelujah 🙏 Ndanezerewe cyane. Kd ndasobanukiwe birushijeho

  • Mukozi W'Imana mwarahezagiwe. Muzashishikare mutwigishe itandukaniro amasezerano abiri ( ancient testament & New testament), ama offerings (tithing,etc.) Kuko abantu benshi bagendana ibibazo bitararonkera inyishu bivanye nuko twigishijwe mwitorero canke mwishengero. Mbaye ndabashimira

  • Pastor Senga, ndamwemera rwose, ikibazo: ese abantu bavugako kubera Ubuntu ntacyaha kigihaba ati byose byakuweho n'ubuntu, ibyo pastor abivugaho iki?

  • Ubuntu bw'Imana ni Kristo Yesu,niwe twahawe turaruhuka tuba bazima muri Kristo Yesu

  • Ikindi kibazo abantu bose bagira ni uko baba abanyabyaha iyo babikoze, ariko bibiliya itubwira neza ko umuntu ari umunyabyaha kubwa kamereye, umuntu avuka atandukanijwe n'Imana (zaburi58:4) rero waba wakoze icyaha cg uri ngeso nziza, ariko utarizera kristo uba ugipfiriye mubyaha. Waba wabikoze cg utabikoze

  • Abana b'Imana ni abizeye kristo akababera gukiranuka kw'Imana, ntabwo abantu bose ari abana b'Imana. Erega gusaba imbabazi nabyo ntibikuraho ibyaha ( Hebrews 6) amaraso atavuye ntihabaho kubabarirwa ibyaha.

  • Ubuntu ubusobanuye neza pastor. Abanyamadini benshi baba numva bakorera ijuru, kd ijuru ni ubuntu ntirikorerwa. Abatwarwa n'amategeko bose ngo ni ibivume(roman 3). Twebwe abakijijwe n'ubuntu tubaho tudatwarwa n'amategeko ahubwo tuberaho uwo wadukijije.

Comments are closed.